U Rwanda na Luxembourg byasezeranye gufatanya mu iterambere ry’imari
Gahunda z’iterambere ry’Ihuriro Mpuzamahanga ry’Imari rya Kigali (KIFC) zabonye umuterankunga nyuma y’amasezerano y’ubufatanye yasinywe hagati ya Leta y’u Rwanda n’iya Luxembourg agamije gushimangira ubuftaanye mu guteza imbere urwego rw’imari by’umwihariko mu kongerera i