Twongereyeho 10%, kandi bizakomeza kugeza ubwo mwarimu azaba ahembwa hejuru y’abandi bakozi ba Leta - Munyakazi
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’uburezi, Dr. Isaac Munyakazi, avuga ko kuba umwarimu, umuganga n’umusirikare ari ubutwari kuko bisaba kwitanga nyamara nta n’amafaranga ahagije abibamo.
MONALISA KULWA
댓글 삭제
이 댓글을 삭제하시겠습니까?