Twongereyeho 10%, kandi bizakomeza kugeza ubwo mwarimu azaba ahembwa hejuru y’abandi bakozi ba Leta - Munyakazi
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’uburezi, Dr. Isaac Munyakazi, avuga ko kuba umwarimu, umuganga n’umusirikare ari ubutwari kuko bisaba kwitanga nyamara nta n’amafaranga ahagije abibamo.
MONALISA KULWA
Ta bort kommentar
Är du säker på att du vill ta bort den här kommentaren?